Show the world what you can,will aprove who you are

Bite bya couple ya Dms na Miss Channelle?

Bite bya couple ya Dms na Miss Channelle?

Amwe mu makuru akomeje kuvugwa mu bitangazamkuru ni uko umuhanzi ukomeye kandi ubimazemo igihe mu rwanda Dms yaba yarigeze kuba boy friend wa miss chanelle ; gusa icyo bakoze ni uko babihishe itangazamuru. Ubwo papparazzi z�ikinyamakuru satellite magazine z�iyoberanyaga zikabibaza DMS yabanje kwanga kugira icyo azitangariza kuko ngo we yumvaga ntampamvu ngo yo kugaruka kubyo yaba yarasize inyuma . Ati njywe sinakubeshya byigeze kubaho ariko hatagira umbaza icyatumye dutandukana kuko ni ibanga ryanjye na chanelle. Yakomeje avuga ko atari ikibazo gikomeye ahubwo ko ari ukwanga kuvanga ibintu . Yabajijwe icyo kuvanga ibintu bishatse kuvuga , asubiza ati please the meaning urayumva ,gusa ari njywe ari chanelle turacyari inshuti kuko iyo bibaye ngombwa turahura tukaganira nka mbere . Icyo twakomeza tubabwira ni uko ubu uyu muhanzi DMS yaba yariboneye umukobwa wiga muri kaminuza y �i Mudende ariko yanze kudutangariza izina rye . Ubwo ni ugukomeza kubakurikiranira hafi niba ibyo batubwira atari ukubeshya byukutujijisha. Ibi ariko bikaba ari ibyo kwishimira kuko icyo bita ubuhanzi bose bamaze gushinga imizi wenda bagumanye baba abahanzi bazamura umuziki wo mu rwanda . Aba bahanzi bafitanye indirimbo best friend yakorewe muri Barrick muzik studio yahano i Kigali.
 

Search site

All rigth reserved.INZIRA IKWIYEFILM EDUCATION@2009